Entertainment
Health
Culture & History
INTERNATIONAL NEWS
Top Stories
Events & Concerts
Kiyovu Sports End 32-Year Wait to Win FERWAFA Super Cup
Kiyovu Sports have been crowned FERWAFA Super Cup champions after defeating Police FC 1–0 in a dramatic final, ending a 32-year wait for a FERWAFA-organized cup trophy. The Green Army secured the historic victory through a late acrobatic strike from Hakim Hamiss, whose spectacular finish proved to be the difference between the two sides. The […]
Umunsi nk’uyu mu mateka : Tariki ya 31 Kanama
Turi ku wa 31 Kanama 2026.Ni umunsi wa 243 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 124 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1995: Pierre-Célestin Rwigema yagizwe Minisitiri w’Intebe. 2021: Dr Jean Damasccène Bizimana wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside, yagizwe Minisitiri wa mbere wa Minisiteri […]
Pastor Ojo yasabye Abanyanijeriya gukomeza gusenga no kugira ibyiringiro
Umushumba wa Christ Apostolic Church (CAC) Harvest Centre, Bethel Land, Prophet Wale Ojo David, yasabye Abanyanijeriya gukomeza gusenga, kugaragaza urukundo no kwimakaza ubumwe, avuga ko ibyo ari ingenzi mu gihe igihugu gihanganye n’ibibazo bitandukanye. Ojo yatanze ubu butumwa mu gihe yasabaga Abanyanijeriya kudacika intege, ahubwo bagakomeza kugira ibyiringiro ku hazaza h’igihugu cyabo. Yagaragaje ko urukundo, […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 30 Kanama
Turi ku wa 30 Kanama 2026.Ni umunsi wa 242 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 123 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni Umunsi mpuzamahanga wahariwe kuzirikana abantu baba baraburiwe irengero hirya no hino ku Isi.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2017: Edouard Ngirente yatangiye inshingano nka Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, imirimo yakoze kugeza […]
Rabagirana Festival 2026: Igiterane cya Gospel kigiye kuzana amahirwe mashya mu burezi n’imibereho myiza
Sion Fondation yatangaje ko igiterane cya Rabagirana Festival 2026, giteganyijwe kubera mu Karere ka Bugesera ku Cyumweru tariki ya 6 Nzeri 2026, kitazibanda ku muziki wa Gospel gusa, ahubwo kizaba n’urubuga rwo kugeza ku Banyarwanda amahirwe atandukanye agamije guteza imbere imibereho yabo. Ibi byagarutsweho mu kiganiro n’itangazamakuru cyabereye muri Dove Hotel i Kigali, ku wa […]
Umuhoza Barbara yavuze ko gatanya idakuraho agakiza ahubwo ikibazo ari ukwiyemeza kureka impano Imana yaguhaye
Umukozi w’Imana akaba n’umwanditsi w’ibitabo, Umuhoza Barbara, yavuze ko gatanya idakwiye gufatwa nk’impamvu ihita ituma umuntu atakaza agakiza cyangwa impano yahawe n’Imana, asaba Abakirisitu kwirinda gucira imanza abahuye n’iki kibazo. Umuhoza, uzwi cyane mu murimo wo gusemura mu Zion Temple Celebration Center, yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na IGIHE Sports Club, ashingira ku bunararibonye bwe bwite […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 29 Kanama
Turi ku wa 29 Kanama 2026.Ni umunsi wa 241 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 124 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wo kurwanya igerageza ry’ikoreshwa ry’intwaro za kirimbuzi.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2021: Perezida Kagame yakiriye Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed mu ruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriye mu Rwanda.1912: […]
Papa Leo XIV yihanganishije ababuze ababo mu myuzure ikomeye yibasiye Nepal
Papa Leo XIV yagaragaje agahinda gakomeye nyuma y’ibiza bikomeye by’imyuzure n’inkangu byibasiye Nepal, bisiga abantu benshi bapfuye abandi baburirwa irengero. Mu butumwa bwo ku wa 27 Kanama 2026, bwashyizweho umukono na Karidinali Pietro Parolin, Umunyamabanga wa Leta ya Vatican, Papa Leo XIV yihanganishije imiryango yabuze ababo ndetse asabira abahuye n’ingaruka z’ibi biza. Inkuru dukesha Vatican […]
Baracyafite icyizere cyo kubaho_ Umubikira avuga ku buzima bw’Abanya-Ukraine bugarijwe n’intambara
Umubikira ukomoka mu Buhinde umaze hafi imyaka 25 akorera ubutumwa muri Ukraine avuga ko, nubwo intambara imaze igihe iteza abaturage ubwoba, urupfu n’imibabaro, benshi muri bo bagikomeje kugira ukwemera, icyizere n’icyifuzo cyo kubaho mu mudendezo. Mansera Liji Payyapilly, wo mu muryango w’Ababikira ba Mutagatifu Yozefu wa Saint-Marc, yabwiye Vatican News ko amasengesho akomeje kuba isoko […]
TOP7 GOSPEL SONG OF THE WEEK: INDIRIMBO NSHYA ZA GOSPEL UDAKWIYE GUCIKWA NAZO MURI IKI CYUMWERU
Kwamamaza ubutumwa bwiza binyuze mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana bikomeje gufata indi ntera, aho abahanzi batandukanye ndetse n’amakorali bakomeje gushyira imbaraga mu kugeza ku bakristo ubutumwa bw’ihumure, kwizera no kwegera Kristo. Muri iki cyumweru, izi ni indirimbo zirindwi nshya zikomeje kuyobora izindi, zigaragaza ubuhanga, ubutumwa bwimbitse ndetse n’umuhate w’abahanzi mu kwamamaza Inkuru Nziza. […]