Artists
Entertainment
Health
Culture & History
INTERNATIONAL NEWS
Top Stories
Events & Concerts
Umunyanijeriya yasomye Bibiliya amasaha 144 adahagarara agamije kwandika amateka muri Guinness World Records
Umunyanijeriya Habibat Salawudeen Ihiovi-Jack yatangaje benshi nyuma yo kurangiza gusoma Bibiliya mu ijwi riranguruye amasaha 144 adahagarara, mu gikorwa cyari kigamije gushyiraho agahigo gashya kazandikwa mu gitabo cya Guinness World Records. Iki gikorwa cyiswe “144 Hours in the Word” cyabaye kuva ku wa 22 kugeza ku wa 29 Kamena 2026 muri Novotel Hotel i Port […]
Urusobe rw’ibinyabuzima rwongeye kugaruka mu bishanga bya Kigali mu gihe ibikorwa byo kubisana biri kugana ku musozo
Mu gihe imirimo yo gutanganya no gusubiranya ibishanga byo mu Mujyi wa Kigali iri kugana ku musozo Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kurengera Ibidukikije (REMA) cyatangaje ko urusobe rw’ibinyabuzima rwatangiye kongera kugaruka muri ibi bishanga. REMA yatangaje ko nubwo imirimo yo gutunganya ibi bishanga itaragera ku musozo ariko hatangiye kugaragara impinduka zijyanye no kubungabunga ibidukikije harimo n’urusobe […]
UR yahembwe asaga miliyari 4 Frw nyuma yo kuza mu mashuri makuru atanu ya mbere ateza imbere uburezi muri Afurika
Kaminuza y’u Rwanda (UR) yaje muri eshanu zagize uruhare mu guteza imbere uburezi ku Mugabane wa Afurika, ihembwa asaga miliyari 4Frw mu bihembo bya Africa Higher Education for Transformation (AHEFT) Prize byatanzwe n’Umuryango Imbuto Foundation. Ibi bihembo byatanzwe kuri uyu wa Mbere tariki 20 Nyakanga 2026, aho ari ku nshuro ya mbere byari bitanzwe gusa […]
Korali Family of Singers yateguje igitaramo “Umuryango Mwiza Live Concert – Season III” kizabera muri Camp Kigali
Korali Family of Singers ikorera umurimo w’ivugabutumwa muri EPR Paroisse Kiyovu yatangaje ko iri gutegura igitaramo ngarukamwaka cyayo cyiswe “Umuryango Mwiza Live Concert – Season III”, kizaba ku Cyumweru, tariki ya 20 Nzeri 2026, muri Camp Kigali. Iki gitaramo cyatangajwe binyuze mu bukangurambaga bwa “Save the Date”, aho iyi Korali yasabye abakunzi bayo, inshuti ndetse […]
Al Hilal Partnership Gives CECAFA Kagame Cup 2026 a Major FinancialBoost
The 2026 CECAFA Kagame Cup has received a major boost after Sudanese giants Al Hilal announced a sponsorship package worth US$100,000 per year to support the tournament over the next three years. The partnership is expected to strengthen the competition’s financial stability while improving its profile across East and Central Africa. Al Hilal’s investment comes […]
Vipers SC Touch Down in Kigali Ready to Fight for CECAFA Kagame Cup Glory
Uganda Premier League champions Vipers SC have officially departed for Kigali, Rwanda, where they will compete in the 2026 CECAFA Kagame Cup. The team left in the early hours of Wednesday morning with a 24-man squad selected by head coach Denis Lavagne as preparations for the regional tournament gather momentum. The tournament will provide Lavagne […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 22 Nyakanga
Turi ku wa 22 Nyakanga 2026.Ni umunsi wa 203 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 162 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku buzima bw’ubwonko.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2018: Perezida w’u Bushinwa Xi Jinping yagiriye uruzinduko rw’akazi mu Rwanda aba uwa mbere w’icyo gihugu usuye u Rwanda.1894: […]
Moses Bliss ategerejwe na benshi mu gitaramo kizabera muri Lugalo Golf Club
Moses Bliss agiye gutaramira muri Tanzania mu gitaramo gikomeye cyitwa The Rising FestUmuhanzi w’icyamamare mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana ukomoka muri Nigeria, Moses Uyoh Enang uzwi cyane nka Moses Bliss, yatangajwe nk’umwe mu bazaririmba mu iserukiramuco rya “The Rising Fest” rizabera i Dar es Salaam muri Tanzania ku wa 15 Kanama 2026. Iki […]
Vestine na Dorcas batangiranye imbaraga urugendo rwabo rushya nyuma yo gutandukana na MIE
Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas, basohoye amashusho y’indirimbo yabo nshya bise ‘Itabaza’, ibaye iya mbere bashyize hanze nyuma yo gutandukana na MIE Empire, yari imaze imyaka itanu ibafasha mu rugendo rwabo rwa muzika. Iyi ndirimbo igaragaza intangiriro y’icyiciro gishya bahisemo gukomeza nk’abahanzi bigenga. ‘Itabaza’ yanditswe n’umuhanzi Niyo Bosco, mu gihe […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 21 Nyakanga
Turi ku wa 21 Nyakanga 2026.Ni umunsi wa 202 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 163 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1969: Mu rugendo rwitiriwe Apollo, Neil Armstrong yabaye umuntu wa mbere ukandagiye ku kwezi mbere y’uko ahasangwa na Buzz Aldrin nyuma y’iminota 19.1983: Ahitwa Vostok Station […]