Entertainment
Health
Culture & History
INTERNATIONAL NEWS
Top Stories
Events & Concerts
Pastor Ojo yasabye Abanyanijeriya gukomeza gusenga no kugira ibyiringiro
Umushumba wa Christ Apostolic Church (CAC) Harvest Centre, Bethel Land, Prophet Wale Ojo David, yasabye Abanyanijeriya gukomeza gusenga, kugaragaza urukundo no kwimakaza ubumwe, avuga ko ibyo ari ingenzi mu gihe igihugu gihanganye n’ibibazo bitandukanye. Ojo yatanze ubu butumwa mu gihe yasabaga Abanyanijeriya kudacika intege, ahubwo bagakomeza kugira ibyiringiro ku hazaza h’igihugu cyabo. Yagaragaje ko urukundo, […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 30 Kanama
Turi ku wa 30 Kanama 2026.Ni umunsi wa 242 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 123 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni Umunsi mpuzamahanga wahariwe kuzirikana abantu baba baraburiwe irengero hirya no hino ku Isi.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2017: Edouard Ngirente yatangiye inshingano nka Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, imirimo yakoze kugeza […]
Rabagirana Festival 2026: Igiterane cya Gospel kigiye kuzana amahirwe mashya mu burezi n’imibereho myiza
Sion Fondation yatangaje ko igiterane cya Rabagirana Festival 2026, giteganyijwe kubera mu Karere ka Bugesera ku Cyumweru tariki ya 6 Nzeri 2026, kitazibanda ku muziki wa Gospel gusa, ahubwo kizaba n’urubuga rwo kugeza ku Banyarwanda amahirwe atandukanye agamije guteza imbere imibereho yabo. Ibi byagarutsweho mu kiganiro n’itangazamakuru cyabereye muri Dove Hotel i Kigali, ku wa […]
Umuhoza Barbara yavuze ko gatanya idakuraho agakiza ahubwo ikibazo ari ukwiyemeza kureka impano Imana yaguhaye
Umukozi w’Imana akaba n’umwanditsi w’ibitabo, Umuhoza Barbara, yavuze ko gatanya idakwiye gufatwa nk’impamvu ihita ituma umuntu atakaza agakiza cyangwa impano yahawe n’Imana, asaba Abakirisitu kwirinda gucira imanza abahuye n’iki kibazo. Umuhoza, uzwi cyane mu murimo wo gusemura mu Zion Temple Celebration Center, yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na IGIHE Sports Club, ashingira ku bunararibonye bwe bwite […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 29 Kanama
Turi ku wa 29 Kanama 2026.Ni umunsi wa 241 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 124 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wo kurwanya igerageza ry’ikoreshwa ry’intwaro za kirimbuzi.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2021: Perezida Kagame yakiriye Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed mu ruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriye mu Rwanda.1912: […]
Papa Leo XIV yihanganishije ababuze ababo mu myuzure ikomeye yibasiye Nepal
Papa Leo XIV yagaragaje agahinda gakomeye nyuma y’ibiza bikomeye by’imyuzure n’inkangu byibasiye Nepal, bisiga abantu benshi bapfuye abandi baburirwa irengero. Mu butumwa bwo ku wa 27 Kanama 2026, bwashyizweho umukono na Karidinali Pietro Parolin, Umunyamabanga wa Leta ya Vatican, Papa Leo XIV yihanganishije imiryango yabuze ababo ndetse asabira abahuye n’ingaruka z’ibi biza. Inkuru dukesha Vatican […]
Baracyafite icyizere cyo kubaho_ Umubikira avuga ku buzima bw’Abanya-Ukraine bugarijwe n’intambara
Umubikira ukomoka mu Buhinde umaze hafi imyaka 25 akorera ubutumwa muri Ukraine avuga ko, nubwo intambara imaze igihe iteza abaturage ubwoba, urupfu n’imibabaro, benshi muri bo bagikomeje kugira ukwemera, icyizere n’icyifuzo cyo kubaho mu mudendezo. Mansera Liji Payyapilly, wo mu muryango w’Ababikira ba Mutagatifu Yozefu wa Saint-Marc, yabwiye Vatican News ko amasengesho akomeje kuba isoko […]
TOP7 GOSPEL SONG OF THE WEEK: INDIRIMBO NSHYA ZA GOSPEL UDAKWIYE GUCIKWA NAZO MURI IKI CYUMWERU
Kwamamaza ubutumwa bwiza binyuze mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana bikomeje gufata indi ntera, aho abahanzi batandukanye ndetse n’amakorali bakomeje gushyira imbaraga mu kugeza ku bakristo ubutumwa bw’ihumure, kwizera no kwegera Kristo. Muri iki cyumweru, izi ni indirimbo zirindwi nshya zikomeje kuyobora izindi, zigaragaza ubuhanga, ubutumwa bwimbitse ndetse n’umuhate w’abahanzi mu kwamamaza Inkuru Nziza. […]
Police FC Reach FERWAFA Super Cup Final After Beating Rayon Sports on Penalties
FERWAFA SUPER CUP 2026 | FULL TIME Rayon Sports 0–0 Police FCPenalties: 2–4 Police FC have booked their place in the FERWAFA Super Cup 2026 final after defeating Rayon Sports 4–2 on penalties following a goalless draw in regular time. The highly competitive encounter ended 0–0 after 90 minutes, with both teams showing strong defensive […]
Gentil Bigizi mu ndirimbo Inkuru Simpamo yashimangiye ko Yesu aruta cyane uko abantu bamuvuga
Umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana, Gentil Bigizi, yagaragaje uburyo umuntu ashobora kumenya Yesu mu buryo burenze ibyo yumvise ku bandi, abinyujije mu ndirimbo ye “Inkuru Simpamo.” Muri iyi ndirimbo, Gentil avuga ko hari igihe umuntu ashobora kumenya Yesu abinyujije ku byo abandi bamuvugaho, ariko akagera aho agira ubunararibonye bwe bwite bwo kumumenya, agasanga ibyo yabwiwe bitagereranywa […]