29 August, 2026
2 mins read

Rabagirana Festival 2026: Igiterane cya Gospel kigiye kuzana amahirwe mashya mu burezi n’imibereho myiza

Sion Fondation yatangaje ko igiterane cya Rabagirana Festival 2026, giteganyijwe kubera mu Karere ka Bugesera ku Cyumweru tariki ya 6 Nzeri 2026, kitazibanda ku muziki wa Gospel gusa, ahubwo kizaba n’urubuga rwo kugeza ku Banyarwanda amahirwe atandukanye agamije guteza imbere imibereho yabo. Ibi byagarutsweho mu kiganiro n’itangazamakuru cyabereye muri Dove Hotel i Kigali, ku wa […]

3 mins read

Umuhoza Barbara yavuze ko gatanya idakuraho agakiza ahubwo ikibazo ari ukwiyemeza kureka impano Imana yaguhaye

Umukozi w’Imana akaba n’umwanditsi w’ibitabo, Umuhoza Barbara, yavuze ko gatanya idakwiye gufatwa nk’impamvu ihita ituma umuntu atakaza agakiza cyangwa impano yahawe n’Imana, asaba Abakirisitu kwirinda gucira imanza abahuye n’iki kibazo. Umuhoza, uzwi cyane mu murimo wo gusemura mu Zion Temple Celebration Center, yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na IGIHE Sports Club, ashingira ku bunararibonye bwe bwite […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 29 Kanama

Turi ku wa 29 Kanama 2026.Ni umunsi wa 241 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 124 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wo kurwanya igerageza ry’ikoreshwa ry’intwaro za kirimbuzi.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2021: Perezida Kagame yakiriye Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed mu ruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriye mu Rwanda.1912: […]

1 min read

Papa Leo XIV yihanganishije ababuze ababo mu myuzure ikomeye yibasiye Nepal

Papa Leo XIV yagaragaje agahinda gakomeye nyuma y’ibiza bikomeye by’imyuzure n’inkangu byibasiye Nepal, bisiga abantu benshi bapfuye abandi baburirwa irengero. Mu butumwa bwo ku wa 27 Kanama 2026, bwashyizweho umukono na Karidinali Pietro Parolin, Umunyamabanga wa Leta ya Vatican, Papa Leo XIV yihanganishije imiryango yabuze ababo ndetse asabira abahuye n’ingaruka z’ibi biza. Inkuru dukesha Vatican […]

2 mins read

Baracyafite icyizere cyo kubaho_ Umubikira avuga ku buzima bw’Abanya-Ukraine bugarijwe n’intambara

Umubikira ukomoka mu Buhinde umaze hafi imyaka 25 akorera ubutumwa muri Ukraine avuga ko, nubwo intambara imaze igihe iteza abaturage ubwoba, urupfu n’imibabaro, benshi muri bo bagikomeje kugira ukwemera, icyizere n’icyifuzo cyo kubaho mu mudendezo. Mansera Liji Payyapilly, wo mu muryango w’Ababikira ba Mutagatifu Yozefu wa Saint-Marc, yabwiye Vatican News ko amasengesho akomeje kuba isoko […]

2 mins read

TOP7 GOSPEL SONG OF THE WEEK: INDIRIMBO NSHYA ZA GOSPEL UDAKWIYE GUCIKWA NAZO MURI IKI CYUMWERU

Kwamamaza ubutumwa bwiza binyuze mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana bikomeje gufata indi ntera, aho abahanzi batandukanye ndetse n’amakorali bakomeje gushyira imbaraga mu kugeza ku bakristo ubutumwa bw’ihumure, kwizera no kwegera Kristo. Muri iki cyumweru, izi ni indirimbo zirindwi nshya zikomeje kuyobora izindi, zigaragaza ubuhanga, ubutumwa bwimbitse ndetse n’umuhate w’abahanzi mu kwamamaza Inkuru Nziza. […]

1 min read

Police FC Reach FERWAFA Super Cup Final After Beating Rayon Sports on Penalties

FERWAFA SUPER CUP 2026 | FULL TIME Rayon Sports 0–0 Police FCPenalties: 2–4 Police FC have booked their place in the FERWAFA Super Cup 2026 final after defeating Rayon Sports 4–2 on penalties following a goalless draw in regular time. The highly competitive encounter ended 0–0 after 90 minutes, with both teams showing strong defensive […]

2 mins read

Gentil Bigizi mu ndirimbo Inkuru Simpamo yashimangiye ko Yesu aruta cyane uko abantu bamuvuga

Umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana, Gentil Bigizi, yagaragaje uburyo umuntu ashobora kumenya Yesu mu buryo burenze ibyo yumvise ku bandi, abinyujije mu ndirimbo ye “Inkuru Simpamo.” Muri iyi ndirimbo, Gentil avuga ko hari igihe umuntu ashobora kumenya Yesu abinyujije ku byo abandi bamuvugaho, ariko akagera aho agira ubunararibonye bwe bwite bwo kumumenya, agasanga ibyo yabwiwe bitagereranywa […]

4 mins read

Gukundwa n’umuntu si ngombwa kumuha amafaranga_RIB iraburira abantu kwirinda ibyaha byitwaje urukundo

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwagiriye inama Abanyarwanda, by’umwihariko urubyiruko, kutagirira umuntu icyizere gihubukiye mu mibanire y’urukundo, kuko hari abashobora kuyikoresha nk’uburyo bwo kwinjira mu buzima bw’umuntu, kumwubakamo icyizere, hanyuma bakamwambura amafaranga cyangwa imitungo. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B. Thierry, yavuze ko ubu buryo bushobora kuba bumwe mu mayeri akoreshwa mu byaha by’ubukungu, aho umuntu […]

1 min read

Urubyiruko rwakabaye rwigira kuri korali Ambassadors of Christ – Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora umuziki. Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa X , Minisitiri Utumatwishima yavuze ko urugendo rw’iri tsinda rwigisha urubyiruko gukorera hamwe, guhozaho no kudaheranwa n’ibibazo. Ati: “Hari isomo ku rubyiruko: […]