Artists
Entertainment
Health
Culture & History
INTERNATIONAL NEWS
Top Stories
Events & Concerts
Pasiteri Désiré Habyarimana yavuze ku rugendo rw’imyaka 19 amaze mu murimo wo kuragira umukumbi wa Kristo
Pasiteri Désiré Habyarimana, umwe mu bavugabutumwa bazwi cyane mu Rwanda, yasangije abamukurikira ubuhamya bw’imyaka 19 amaze ahawe inshingano yo kuba umushumba urangira umukumbi w’Umwami Yesu Kristo. Yavuze ko ashimira Imana yamugiriye icyizere ikamuhamagarira uyu murimo, ikamuyobora mu bihe bitandukanye byaranze urugendo rwe rw’ivugabutumwa.Mu butumwa bwe, yagaragaje ko imyaka 19 amaze mu murimo w’Imana ari igihe […]
APR FC Are Still Alive in the Numbers, But in the Eyes of Football, They Are Already Out
APR FC’s 3-1 victory over Garde Républicaine revived their hopes of reaching the CECAFA Kagame Cup semi-finals—at least mathematically. The Rwandan champions responded well after their humiliating 5-0 defeat to Gor Mahia, collecting their first three points of the tournament and remaining in contention for qualification. However, football is not decided by mathematics alone. Performances, […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 28 Nyakanga
Turi ku wa 28 Nyakanga 2026.Ni umunsi wa 209 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 156 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni Umunsi Mpuzamahanga wo Kurwanya indwara y’Umwijima.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1915: Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangiye kugenzura Haiti mu bya politiki no mu by’ubukungu mu gihe cy’imyaka […]
Abakristu Gatolika bo muri Amerika bagiye gukuba kabiri inkunga igenerwa Kiliziya yo muri Afurika
Abakristu Gatolika bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, batangaje ko bafite gahunda yo gukuba kabiri amafaranga bakusanyaga buri mwaka yo gufasha Kiliziya Gatolika yo muri Afurika, mu rwego rwo kugabanya ingaruka zatewe n’igabanywa ry’imfashanyo Amerika yageneraga umugabane wa Afurika. Ibi byatangajwe na Musenyeri John Curtis Iffert, Umwepiskopi wa Diyosezi ya Covington, akaba yari ahagarariye […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 27 Nyakanga
Turi ku wa 27 Nyakanga 2026.Ni umunsi wa 208 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 157 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kwizihiza ubuzima bwa ba sekuru na ba nyirakuru b’abantu.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2018: Perezida Kagame yafunguye ku mugaragaro ibikorwa bya Volkswagen byo guteranyiriza imodoka zayo mu […]
Ni ukwemera inyigisho cyangwa ni uguhunga inshingano?_Ikibazo Cadette yabajije abagabo nyuma yo gushyigikira Dr. Paul Gitwaza ku ngingo yo gutera ivi
Umukundwa Clémence, wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka Cadette, yavuze ko impaka zakurikiye amagambo ya Apôtre Dr. Paul Gitwaza ku muhango wo gutera ivi zagaragaje ikindi kibazo kiri mu rubyiruko, aho bamwe mu bagabo bashobora kuba bishimiye ayo magambo atari ukubera impamvu z’umuco cyangwa ukwemera, ahubwo ari uko babona uwo muhango ubahenda. Mu minsi ishize, amagambo […]
Mu rugamba rwo kurwanya amakuru y’ibihuha, ibihugu byatangiye kwigisha abana uburyo bwo kumenya ukuri
Mu gihe ikoranabuhanga rikomeje kwihuta no koroshya ikwirakwizwa ry’amakuru ku mbuga nkoranyambaga, ibihugu byinshi ku Isi byatangiye kwigisha abana n’urubyiruko uburyo bwo gusuzuma amakuru mbere yo kuyizera cyangwa kuyasangiza abandi. Abahanga bavuga ko ubu bumenyi bwabaye ingenzi nk’uko gusoma, kwandika no kubara byahoze ari inkingi z’uburezi. Kugeza ubu, abana n’urubyiruko bamara amasaha menshi kuri internet […]
Group B Wide Open as Jamus Target Early Qualification, Simba Face Defining Test
The race for a place in the CECAFA Kagame Cup 2026 semi-finals is already heating up after the opening round of Group B matches, with South Sudan’s Jamus SC sitting at the top of the table following a winning start. Simba SC of Tanzania and Somalia’s Mogadishu City Club (MCC) share a point each after […]
IJURU NIMBA RIBAHO AZARYUMA KURI RADIO ABAFANA BA APR FC NYUMA YO GUTSINDWA URUNGANDA
Kuri uyu wa Gatanu tariki 24 Nyakanga 2026, nibwo ikipe ya APR FC yakinnye umukino na Gor Mahia ufungura CECAFA Kagame Cup 2026. Ni umukino watangiye ku isaha ya saa Moya z’ijoro kuri Sitade Amahoro. Ku munota wa gatanu, APR FC yahushije uburyo nyuma yo guhererekanye umupira hagati ya Memel Rouf Dao wahaye Byiringiro Gilbert […]
APR FC Left Searching for Answers After 5-0 CECAFA Kagame Cup Loss
APR FC endured one of the most difficult nights in the club’s recent history after suffering a 5-0 defeat to Gor Mahia in the CECAFA Kagame Cup. The result has sparked widespread debate among supporters and football analysts over the team’s tactical approach, squad quality, and overall preparedness. Several key issues emerged during the match […]