Artists
Entertainment
Health
Culture & History
INTERNATIONAL NEWS
Top Stories
Events & Concerts
“Hari urukundo rw’ukuri ariko rutagenewe kuramba iteka”_Chizzy Francis agaruka ku gutandukana kwa Bella na Sheggz
Chizzy Francis yagize icyo avuga ku gutandukana kwa bagenzi be Bella Okagbue na Sheggz Olusemo, abasaba bombi guhitamo amahoro aho gukomeza amakimbirane. Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga, Chizzy yemeye ko umubano wabo wari wubakiye ku rukundo nyakuri, ibihe byiza basangiye ndetse n’imbaraga bombi bawushyizemo. Icyakora, yavuze ko iyo icyizere n’icyubahiro bitakibashije kubungwabungwa, gukomeza gutsimbarara […]
Nyuma y’imyaka 34 babana bitemewe n’amategeko, Mudenge na Vestine bakoze ubukwe bafashijwe na ADEPR
Mudenge Hamisi na Mujawayezu Vestine bamaze imyaka 34 babana, bakoze ubukwe nyuma y’igihe kirekire bategereje amahirwe yo gusezerana, babifashijwemo na ADEPR Paruwasi ya Remera. Aba bombi bari mu miryango 196 yasezeranye imbere y’Imana n’imbere y’amategeko mu muhango wabereye kuri Paruwasi ya Remera, mu Karere ka Gasabo, ku wa Gatandatu tariki ya 22 Kanama 2026. Muri […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 23 Kanama
Turi ku wa 23 Kanama 2026.Ni umunsi wa 235 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 130 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni Umunsi Mpuzamahanga wo kwibuka aba abaguye mu bikorwa by’ubucakara hanazirikanwa abaharaniye ihagarikwa ryabwo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1990: Arménie yabonye ubwigenge yigobotora ubukoloni bwa Leta Zunze Ubumwe z’Abasoviyete.1990: U Budage […]
Rayon Sports Make History With 20 New Signings
KIGALI, Rwanda — Rayon Sports have embarked on one of the most aggressive squad rebuilds in Rwandan football this summer, with the club bringing in a reported 20 new players ahead of the 2026/27 season. The transfer activity comes after Rayon Sports were cleared to register new players following the lifting of their FIFA transfer […]
TOP 7 Gospel Songs of the Week: Indirimbo Nshya za Gospel Ziri Gukora Ku Mitima y’Abakristo Muri Iki Cyumweru
Muri iki cyumweru, umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana, wakomeje kuba umwe mu buryo bukomeye bwo kugeza ubutumwa bwiza ku bantu, aho abahanzi n’amakorali batandukanye bashyize imbaraga mu gukora indirimbo zigaruka ku kwizera, urukundo rw’Imana, agakiza no gushima. Dore indirimbo 7 nshya zigaragara cyane muri iki cyumweru: 1. “Ndabona” — Aline GahongayireAline Gahongayire yongeye kugaragaza […]
Gisubizo Ministry igeze kuri Season ya 7 nyuma y’imyaka isaga 20 mu murimo wo kuramya
Gisubizo Ministry, umuryango w’abaririmbyi bakora umurimo wo kuramya no guhimbaza Imana, yatangaje ko igiye gukora igitaramo gikomeye cyiswe “Worship Legacy Concert Season 7”, kizaba ku Cyumweru tariki ya 13 Nzeri 2026, muri Camp Kigali (KCEV), guhera saa 16:00. Iki gitaramo kizategurwa ku bufatanye na Jambo Events, mu rwego rwo gukomeza urugendo rwa Gisubizo Ministry rwo […]
Nta muntu ntinya_ Cardinal Onaiyekan yanze kwisubiraho ku byo yavuze kuri Guverinoma ya Nigeria
Cardinal John Onaiyekan, wahoze ari Arikiyepisikopi wa Abuja muri Nigeria, yavuze ko adatinya Guverinoma cyangwa kunengwa na Perezida Bola Tinubu, ashimangira ko ibyo yatangaje ku bibazo byugarije Abanya-Nigeria yabivuze agamije kuvuga ukuri, aho gushimisha abayobozi. Onaiyekan yabivuze ku wa Gatatu, tariki ya 19 Kanama 2026, asubiza ku kunengwa n’Ibiro bya Perezida nyuma y’ibitekerezo yatanze ku […]
FERWAFA Super Cup 2026: A Competition Like No Other in Rwanda’s Football History
The 2026 FERWAFA Super Cup has taken an unusual turn, with the competition adopting a four-team format instead of the traditional one-match showdown. The Super Cup semi finals are scheduled for August 27, 2026, with Kiyovu Sports facing Mukura Victory Sports & Loisirs at 15:00, followed by Rayon Sports against Police FC at 18:30 at Kigali Pelé Stadium. The […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 19 Kanama
Turi ku wa 19 Kanama 2026.Ni umunsi wa 231 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 134 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni Umunsi Mpuzamahanga wahariwe Ibikorwa by’Ubugiraneza ku Isi.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1934: Mu Budage hatowe referandumu yemerejwemo ko Adolf Hitler ari we mukuru w’igihugu.1978: Muri Iran, ahitwa Cinema Rex hafashwe […]
Uko umara umwanya munini kuri telephone niko wiyongerera ibyago byo kugira umubyibuho ukabije
Ubushakashatsi bwakozwe muri Colombia bwerekanye ko gukoresha telefone zigezweho igihe kinini bishobora kuba bifitanye isano no kwiyongera kw’ibyago byo kugira umubyibuho ukabije. Ubushakashatsi bugaragaza ko urubyiruko rumara amasaha arenga atanu ku munsi kuri telefone rufite ibyago biri hejuru ku kigero cya 43% byo kugira umubyibuho ukabije. Ubu bushakashatsi bwakorewe ku banyeshuri 1,060 biga ibijyanye n’ubuzima […]