27 August, 2026
1 min read

Police FC Reach FERWAFA Super Cup Final After Beating Rayon Sports on Penalties

FERWAFA SUPER CUP 2026 | FULL TIME Rayon Sports 0–0 Police FCPenalties: 2–4 Police FC have booked their place in the FERWAFA Super Cup 2026 final after defeating Rayon Sports 4–2 on penalties following a goalless draw in regular time. The highly competitive encounter ended 0–0 after 90 minutes, with both teams showing strong defensive […]

2 mins read

Gentil Bigizi mu ndirimbo Inkuru Simpamo yashimangiye ko Yesu aruta cyane uko abantu bamuvuga

Umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana, Gentil Bigizi, yagaragaje uburyo umuntu ashobora kumenya Yesu mu buryo burenze ibyo yumvise ku bandi, abinyujije mu ndirimbo ye “Inkuru Simpamo.” Muri iyi ndirimbo, Gentil avuga ko hari igihe umuntu ashobora kumenya Yesu abinyujije ku byo abandi bamuvugaho, ariko akagera aho agira ubunararibonye bwe bwite bwo kumumenya, agasanga ibyo yabwiwe bitagereranywa […]

4 mins read

Gukundwa n’umuntu si ngombwa kumuha amafaranga_RIB iraburira abantu kwirinda ibyaha byitwaje urukundo

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwagiriye inama Abanyarwanda, by’umwihariko urubyiruko, kutagirira umuntu icyizere gihubukiye mu mibanire y’urukundo, kuko hari abashobora kuyikoresha nk’uburyo bwo kwinjira mu buzima bw’umuntu, kumwubakamo icyizere, hanyuma bakamwambura amafaranga cyangwa imitungo. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B. Thierry, yavuze ko ubu buryo bushobora kuba bumwe mu mayeri akoreshwa mu byaha by’ubukungu, aho umuntu […]

1 min read

Urubyiruko rwakabaye rwigira kuri korali Ambassadors of Christ – Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora umuziki. Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa X , Minisitiri Utumatwishima yavuze ko urugendo rw’iri tsinda rwigisha urubyiruko gukorera hamwe, guhozaho no kudaheranwa n’ibibazo. Ati: “Hari isomo ku rubyiruko: […]

3 mins read

Hari urubyiruko tutakibasha kugeraho_ Kiliziya Gatolika yasabye ubuvugizi ku kiliziya zafunzwe

Arikiyepisikopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yasabye Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, gukora ubuvugizi ku kiliziya zimwe zafunzwe ariko zikaba zarashyize mu bikorwa ibyo zasabwe gukosora. Cardinal Kambanda yabigarutseho ku wa 23 Kanama 2026, ubwo hasozwaga Ihuriro ry’Urubyiruko Gatolika ryari rimaze iminsi rihuza […]

5 mins read

JOY-LANCE MICKELS MAKES RWANDA PROUD AS SABAH FK QUALIFY FOR UEFA CHAMPIONS LEAGU

Rwandan international Joy-Lance Mickels scored as Sabah FK produced a stunning comeback to secure a historic place in the UEFA Champions League league phase. KIGALI, RWANDA — Rwandan international Joy-Lance Mickels has made history after helping Azerbaijan’s Sabah FK qualify for the UEFA Champions League league phase for the first time in the club’s history. […]

3 mins read

Musenyeri Papias yagaragaje agahinda aterwa n’abana bafungiye ibyaha byo gufata ku ngufu

Musenyeri Papias Musengamana, Umwepiskopi wa Diyosezi Gatolika ya Byumba, yasabye ababyeyi, abayobozi, Kiliziya n’umuryango Nyarwanda muri rusange kongera imbaraga mu kurinda abana no gukumira ibyaha bikorwa n’abakiri bato. Musenyeri Papias yabigarutseho ku Cyumweru tariki ya 23 Kamena 2026, ubwo hasozwaga Ihuriro ry’Urubyiruko ryabereye muri Diyosezi ya Byumba. Mu gihe cy’iminsi ine y’iri huriro, urubyiruko rwagize […]

3 mins read

N’uyu munsi iyo mbyibutse birambabaza: Urubyiruko rukomeje guhura n’ibikomere byo gutandukana n’abo bakundaga

Impuguke mu buzima bwo mu mutwe zivuga ko ikibazo cyo gutereranwa cyangwa kubabazwa n’urukundo no kugira ububabare bw’urukundo ari ikibazo gikomeje kugaragara nk’imwe mu mbogamizi zikomeye zugarije urubyiruko, aho rimwe na rimwe gishobora gutera agahinda gakabije, kwiheba ndetse no kugira ibitekerezo byo kwiyambura ubuzima iyo kidafatiwe ingamba hakiri kare. ‎Ubushakashatsi bwatangajwe mu kinyamakuru PLOS ONE […]

1 min read

“Hari urukundo rw’ukuri ariko rutagenewe kuramba iteka”_Chizzy Francis agaruka ku gutandukana kwa Bella na Sheggz

Chizzy Francis yagize icyo avuga ku gutandukana kwa bagenzi be Bella Okagbue na Sheggz Olusemo, abasaba bombi guhitamo amahoro aho gukomeza amakimbirane. Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga, Chizzy yemeye ko umubano wabo wari wubakiye ku rukundo nyakuri, ibihe byiza basangiye ndetse n’imbaraga bombi bawushyizemo. Icyakora, yavuze ko iyo icyizere n’icyubahiro bitakibashije kubungwabungwa, gukomeza gutsimbarara […]

2 mins read

Nyuma y’imyaka 34 babana bitemewe n’amategeko, Mudenge na Vestine bakoze ubukwe bafashijwe na ADEPR

Mudenge Hamisi na Mujawayezu Vestine bamaze imyaka 34 babana, bakoze ubukwe nyuma y’igihe kirekire bategereje amahirwe yo gusezerana, babifashijwemo na ADEPR Paruwasi ya Remera. Aba bombi bari mu miryango 196 yasezeranye imbere y’Imana n’imbere y’amategeko mu muhango wabereye kuri Paruwasi ya Remera, mu Karere ka Gasabo, ku wa Gatandatu tariki ya 22 Kanama 2026. Muri […]