Entertainment
Health
Culture & History
INTERNATIONAL NEWS
Top Stories
Events & Concerts
Abakirisitu bagomba kwiga kubabarirana no kubana mu mahoro
Umushumba wa Kiliziya Gatolika yasabye Abakristu kwiga kubabarirana no kurenga inzika, avuga ko imbabazi ari inzira yo gutsinda urwango, amacakubiri n’amakimbirane. Papa Leo XIV yasabye Abakristu gushyira imbere imbabazi, avuga ko ari ingenzi kugira ngo abantu babashe kubana mu mahoro no kubaka umubano urangwa n’urukundo. Ibi yabivugiye mu butumwa yagejeje ku bakristu bari bateraniye kuri […]
Grace umukobwa wa Apostle Serukiza agiye gushyira hanze umushinga mushya wa “Live Recording”
Ndahiriwe Grace Serukiza, umwe mu baririmbyi b’Abanyarwanda bazwi mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, agiye kongera guhuriza hamwe abakunzi b’umuziki wa Gospel mu gikorwa cyihariye yise “Limitless Worship Live Recording”, giteganyijwe kuba mu kwezi k’Ukuboza 2026. Iki gikorwa kizaba ku Cyumweru tariki ya 20 Ukuboza 2026, nk’uko bigaragara mu butumwa bushya yatangaje asaba abantu […]
Ubwenge buhangano ntibushobora gukiza abantu icyaha_Papa Leo XIV agira inama Abepiskopi bashya
Papa Leo XIV yasabye Abepiskopi bashya gukomeza kwamamaza Ivanjili no kuyobora abakristu mu gihe ikoranabuhanga n’ubwenge buhangano bikomeje guhindura isi. Yabasabye gukunda abantu bashinzwe, bakamenya ibyishimo n’agahinda byabo, bakumva inzozi zabo kandi bakishimira iterambere ry’imiryango ya Kiliziya. Yanabasabye kujya bamenya amazina y’abo bashinzwe ndetse bakamenya amateka yabo, bakabasura aho bishoboka kandi bakabasengera. Ati: “Umwepiskopi agomba […]
Papa Leo XIV yasabye Abepiskopi bashya kugira umutima w’Umushumba Mwiza bakamenya abo bashinzwe kuyobora
Umushumba wa Kiliziya Gatolika yabasabye gushyira imbere umubano wabo na Yezu, gukunda no kumenya abakristu babo, by’umwihariko abapadiri, mu gihe isi iri kunyura mu mpinduka zihuse zirimo iziterwa n’ubwenge buhangano. Papa Leo XIV yasabye Abepiskopi bashya bafite inshingano nshya muri Kiliziya Gatolika kugira umutima usa n’uwa Yezu Kristu, Umushumba Mwiza, bakagira buri muntu mu mitima […]
TOP 7 Gospel Songs of the Week: Indirimbo nshya ziri kugeza ubutumwa bwiza ku bakunzi ba Gospel
Mu rugendo rwo gukomeza kugeza ubutumwa bwiza bw’Imana ku bantu binyuze mu muziki, abahanzi ndetse n’amakorali bakomeje gushyira imbaraga mu gukora no gushyira hanze indirimbo zifite ubutumwa bukomeza kwizera, gutera imbaraga no kwibutsa abantu urukundo rw’Imana. Muri iki cyumweru, Gospel Today yagarutse ku ndirimbo nshya zirindwi zigaragara nk’iziri ku isonga mu zagejeje ubutumwa bukomeye ku […]
APR FC Storm Into CAF Champions League Second Round After 3–0 Win
KIGALI, Rwanda — APR FC have booked their place in the second round of the CAF Champions League after producing a convincing 3–0 victory over Les Aigles du Congo. The Rwandan champions overturned the first-leg deficit with a strong performance, winning 3–0 on the night and 3–1 on aggregate. Djibril Ouattara was the star of […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 11 Nzeri
Turi ku wa 11 Nzeri 2026.Ni umunsi wa 254 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 111 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1974: Kayibanda n’umugore we bavanywe i Rwerere bajyanwa gufungirwa i Kavumu mu rugo rwabo ari na ho baguye.2011: Perezida Kagame yagiriye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri mu […]
Umuhanzi Gentil Iranzi yashyize hanze indirimbo yise “Nzajya Mwijuru” ikomeje gukora ku mitima ya benshi
Umuhanzi Gentil Iranzi uri kuzamuka neza mu muziki wokuramya noguhimbazaImana, akomeje kwigarurira imitima y’abakunzi b’umuziki uhimbaza Imana, aho indirimbo ye nshya yise “Nzajya Mwijuru” iri kugenda ikundwa na benshi kubera ubutumwa bw’ihumure, kwizera no kwibutsa umukristo isezerano ry’ubugingo buhoraho. “Nzajya Mwijuru” ni indirimbo yubakiye ku butumwa bw’umuntu uhura n’ibigeragezo, ubwoba n’amajwi amuca intege, ariko agahitamo […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 9 Nzeri
Turi ku wa 9 Nzeri 2026.Ni umunsi wa 252 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 113 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1990 Papa Yohani Paul II yasoje uruzinduko rw’iminsi itatu yagiriraga mu Rwanda nyuma y’isengesho rya saa sita rizwi nka ’Angelus’ yavugiye i Nyandungu.1776: Igihugu cya Leta […]
Imyaka 36 irashize mu Rwanda habereye uruzinduko rwa Papa Yohani Pawulo wa II
Tariki ya 8 Nzeri 1990 ni umunsi udasanzwe kuri Diyosezi Gatolika ya Kabgayi, kuko ari bwo Mutagatifu Papa Yohani Pawulo wa II yageze i Mbare, mu Murenge wa Shyogwe, agatura igitambo cya Misa ndetse agaha Ubusaseridoti abadiyakoni 32 barangije amasomo mu Iseminari Nkuru ya Nyakibanda. Nyuma y’imyaka 36, uruzinduko rwe ntirwibukwa nk’amateka gusa, kuko hari […]